Benitha Make Up

Benitha Make Up
Shine the moment with Professional Artist

Popular Posts

April 21, 2016

commite yatowe ishinzwe kuvugurura chapelle yo mugatenga yatangaje igihe iyi nyubako izarangira

hari hashize amezi atari make abakristo gatorika muri chapelle nto yitiriwe bikiramariya utabara abakristo ihereye mukigo cy'urubyiruko cya gatenga ho muri paruwase kicukiro na gikondo batera inkunga uko bashoboye ngo bagure iyi chapelle imaze imyaka irenga 30 ikoreshwa naba bakristu.
ninyuma yuko abaje bayikoresha byageze aho baba benshi kuburyo  kuba ngo icyitwa chapelle (urusengero ruto) yahindurwa ikitwa central yewe , hari nabifuza ko yaba paruwase gusa ibi ntibyoroshye kuko ngo hari inzira biss'

ubwo yaganiraga ku murongo wa telephone na  ''www.amamara.blogspot.com"umuyobozi wa liturijiya (chapelle) akaba numwe mubagize commite yashyizweho kugirango ikurikirane iki gikorwa cyo kwagura iyi chapelle bwana MUNYAMPIRWA Augustin yatangaje ko bahamya neza ko 15/08/’’(Assumption day") uyu mwaka turimo abakristu bazajya basengera muri iyi chapelleni nyuma yo kwaka nkunga kuburyo butandukanye harimo amaboko yabakristo, gutanga amafaranga nibindi.
yagize ati ‘‘ ntakibazo rwose iri gutinda kubera ibi bihe byimvura kandi gukoresha abakozi igice cy'umunsi ntibyoroshye ahubwo ubu harigushakwa ubundi buryo twakihutisha iki gikorwa" abajijwe bimwe mu bibura yatangajeko ntabintubyinshi bibura ngo uru rusengero ngorube rwasozwa
ati‘‘ amabati arahari dusigaje gusakara gushyiramo sima mbese finisage (umusozo) murirusange ubundi tugatangira kuyikoresha"

bwana MUNYAMPIRWA Augustin afatanyije na commite yashyizweho itowe nabakristu avuga ko nyuma yo gukusanya inkunga uhereye mu miryango remezo igize iyi chapelle, abakristo ubwabo, nubundi bushobozi bwava ahandi ko babona ntampamvu yababuza kuzageza kuri iriya tariki ibi bikorwa bitararangira nubwo inzira ikiri ndende dore ko mugusoza hakenerwa amafaranga menshi bizwi nka finisage, ubu asaga million 10 niyo babona azasoza ikigikowa cyose.

iyi chapelle yari imaze amezi arenga 9 ibikorwa byay bigenda biguru ntege ahanini byaterwaga nubushobozi buke muri rusange
aba bakristo bamaze igihe basengera muri salle yahoze arimbera byombi muri iki kigo.

haba harikimaze kuboneka kuburyo ibi bikorwa byavamu nzira? babjijwe atyo yagize ati ‘‘nugukomeza kwitanga tukiyubakira ingoro ark natwe tura ifuzako y

iyi chapelle iramutse irangiye yaba itwaye amafaranga y u Rwanda arenga million 14
tubibutse ko iyi chapelle yakiraga abatarenze 250 -300 bicaye neza naho hanze hadasakaye  ikakiraho abareze ho 180 ubu byitezweko izajya yakira abarenga  magana atandatu  aya na mwe mumafoto yiyi nyubako itararangira

No comments:

Post a Comment

Thank you all

Twandikire

Name

Email *

Message *