Ahagana mu ma 11h:12 mu Karere ka Kicukiro mu Muyji wa Kigali ahanzwi nka kicukiro Centre , Ikamyo yo mu bwoko bwa Fuso yavaga i Nyanzaicitse feri ihitana abantu batari bake.
Iyi kamyo ngo mbere yo kugwa hasi ikaba yabanjye guhitana abantu ndetse n’ibinyabiziga byari biparitse kuri iyi Cantre nk’uko bamwe babonye iyi mpanuka iba babitangarije amamara.blogspot.com.
Kugeze ubu ntabwo imibare y’abaguye muri iyi mpanuka itarangazwa ariko bamwe mu babibonye bavuga ko abahasize ubuzima batari munsi ya 6 wongeyeho nabakomeretse kuko kugeza ubu inzego z’ubutabazi ziracyakura imirambo y’abantu benshi mu muhanda no mubinyabiziga
hari ibinyabiziga byangiritse bikomeye
Iyi kamyo ikaba yari yikoreye umucanga iwuvanye i Nyanza ya Kicukiro.
Iyi nkuru turacyayikurikirana......
Kuri iyi Blog, dutambutsaho amakuru nyayo kandi y'ingenzi yagirira akamaro abanyarwaanda ndetse n'abatuye isi muri rusange, n'amakuru yuzuye kandi yizwe, kuko abayakora bazi icyo batanga. Duhamagirye buri wese Gusoma, agakwirakwiza, agakunda izi nkuru zo kuri amamara.blogspot.com ukeneye ko tukwamamariza wahamagara kuri telephone zikurikira: 0781190354 na 0728085087
Benitha Make Up
Popular Posts
-
ApĂ´tre Mutabazi Kabarira Maurice, umushumba w’Itorero New Covenant Kingdom Citizen na Minisiteri yitwa World Foundation, avuga ko gutura ama...
-
None ku wa Kabiri, tariki ya 28 Mutarama 2020, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perez...
-
Umuyobozi w’akarere ka Rubavu arizeza abahinzi ko Bazakomeza gutanga ubufasha bwose bushoboka kugira ngo umusaruro w’ubuhinzi wiyongere kuru...
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
No comments:
Post a Comment
Thank you all